Alpha Rwirangira mu gahinda gakomeye #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzi nyarwanda Alpha Rwirangira na AY bari mu gahinda gakomeye ko kubura sekuru witabye Imana afite imyaka 103.

Yitabye Imana mu ijoro ryakeye rishyira ku wa 2 Nzeri 2025. Akaba ari umubyeyi wa papa wa Alpha Rwirangira ni mu gihe kandi yari mubyeyi wa nyina wa AY.

'Kugeza igihe tuzongera kubonanira mu bundi buzima Babu.' Alpha Rwirangira mu butuma yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze.

AY we yagize ati 'Ruhukirira mu Mahoro, dawe nkunda... Imana yaguhaye imyaka 103 yo kubaho... Ni umugisha ukomeye kuri wowe no kuri twe... Nzagutekereza kugeza igihe tuzongera guhura."

Sekuru wa AY na Alpha Rwirangira yitabye Imana
Alpha Rwirangira yabuze sekuru



Source : http://isimbi.rw/spip.php?article11756

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)