Visi perezida wa FERWAFA yagizwe Umunyamabanga asimbura Camarade #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Inama ya mbere ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yagize Mugisha Richard usanzwe ari visi perezida wa kabiri ushinzwe tekinike Umunyabanga mukuru w'Agateganyo.

Uyu munsi nibwo habaye amatora ya Komite Nyobozi ya FERWAFA aho Shema Fabrice yatorewe kuyobora iri shyirahamwe mu myaka 4 iri imbere.

Inama ya mbere ya Komite Nyobozi yemeje ko Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade adakomeza kuba umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, ni inshingano yagiyemo muri Kanama 2023.

Yemeje ko Mugisha Richard wongeye kugaruka muri Komite Nyobozi na none ari Visi Perezida wa kabiri ushinzwe tekinike aba Umunyamabanga mukuru w'Agateganyo.

Yanafashe umwanzuro ko Haki

Camarade ntakiri umunyamabanga wa FERWAFA

zimana Louis akomeza kuyobora Komisiyo y'abasifuzi. Uyu mwanya ntabwo wo utorerwa ushyirwaho na Komite Nyobozi imaze gutorwa.

Mugisha Richard yagize umunyamabanga mukuru w'Agateganyo wa FERWAFA
Camarade ntakiri umunyamabanga wa FERWAFA



Source : http://isimbi.rw/spip.php?article11742

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)