Umuraperi Bobby Shmurda wakoranye indirimbo na Harmonize na Bien Baraza yashyize hanze amafoto ya mbere #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Harmonize yongeye gukora ibidasanzwe muri muzika ya Afurika nyuma yo gucyura ibihembo 3 ndetse akanakorana n'icyamamare munjyana ya Hip Hop Bobby Shmurda wamamaye mu ndirimbo 'Hot Nigga' muri 2014.

 

Abdul Rajab Kahal  Bongo Flava Super Star, wamamaye nka Harmonize, yahuje Bien wahoze muri Sauti Sol na Bobby Shmurda wo muri Amerika.

 

Bobby Shmurda anyuze kumbuga nkoranyambaga ze [Instagram], yashyize hanze amwe mu mafoto ndetse n'amashusho ya 'behind the Scene' yafatiwe mu ndirimbo bise 'I  Made it' itarasohoka ariko ikaba yitezweho gukora amateka muri muzika ya Tanzania na Kenya muri rusange.

 

Yagize ati:'Urashaka kwifata nk'aho ubizi ariko ntabwo uzi,…'.

The post Umuraperi Bobby Shmurda wakoranye indirimbo na Harmonize na Bien Baraza yashyize hanze amafoto ya mbere appeared first on The Custom Reports.



Source : https://thecustomreports.com/umuraperi-bobby-shmurda-wakoranye-indirimbo-na-harmonize-na-bien-baraza-yashyize-hanze-amafoto-ya-mbere/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)