Ntizisaza! Indirimbo 20 gakondo zibihe byos... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Indirimbo gakondo ziri mu bigize umuco nyarwanda, kuko ariwo mwihariko w'abanyarwanda. Nubwo usanga hari abamaze gutwarwa umutima n'umuco w'ahandi ntibibuke guteza imbere uw'iwabo, hari n'abandi bacyifashisha indirimbo za kera zagenewe imisango y'ubukwe bwa Kinyarwanda.

Akenshi, izi ndirimbo usanga zifashishwa mu muhango wo gusaba no gukwa, mu bijyanye no gusohora umugeni, gutanga ikamba ry'uburere bwiza ku bareze neza, gutwikurura n'ibindi.

Muri izo ndirimbo, harimo izahimbwe kera cyane ku buryo na bamwe mu bazihimbye bitabye Imana. Ariko ibihangano byabo byumvikana nk'aho ari bishya mu birori byumwihariko ubukwe nyarwanda.

InyaRwanda yagutoranyirije indirimbo 20 zikoreshwa cyane mu misango y'ubukwe nyarwanda yaba uyu munsi wa none no mu bihe byashize. Ni z'ibihe byose! Ni indirimbo ziganjemo iza Kagambage Alexandre n'iza Massamba Intore.

1. Â Ã‚ Ã‚  Urabeho ya Minani Rwema


2. Â Ã‚ Ã‚  Araje Araje ya Masamba Intore


3.  Mama Shenge ya Massamba Intore

">

4.  Bemeye kurushinga y'Abatangampundu


5. Â Ã‚ Ã‚  Zigama icyanzu ya Kagambage Alexandre


6. Â Ã‚ Ã‚  Laurette ya Kamaliza


7. Â Ã‚ Ã‚  Umutesi ya Kagambage Alexandre


8.  Ari hehe ya Massamba Intore


9. Â Ã‚ Ã‚  Nk'umwamikazi ya Kagambage Alexandre


10. Ngabire wanjye ya Kagambage Alexandre


11. Umutoni wanjye ya Kagambage Alexandre

">

12. Rubera ya Minani Rwema


13. Malayika Ange ya Minani Rwema


14. Umusore ukwizihiye ya Kagambage Alexandre


15. Igendere y'Abatangampundu


16. Ubumanzi ya Cecile Kayirebwa


17. "Mama wambyaye nzakwitura iki" ya Kabengera Gabriel


18. Kanjogera ya Massamba Intore


19. Marebe ya Cecile Kayirebwa

">

20. Ubukwe Bwiza ya Niyomugabo Philemon




Source : https://inyarwanda.com/inkuru/136756/ntizisaza-indirimbo-20-gakondo-zibihe-byose-mu-misango-yubukwe-nyarwanda-136756.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)