Umukobwa ushyirwa mu majwi ko ariwe watumye Davis D na Kivin Kade bafungwa akomeje gutangaza benshi nyuma yo kumara igihe atigaragaza nyuma akagaruka yarananutse.
Mbere mu gihe uyu Davis D na Kivin Kade bafungwaga, uyu mukobwa yari abyibushye ndetse afite ikibuno kinini gusa kuri ubu abantu bari kwibaza icyo yabaye.
Amafoto.


