Ku gicamunsi cya tariki 02 Kanama 2023 ahagana saa kumi nibwo umurambo wa Karamuka Jean Luc wari uvuye aho wasezereweho bwa nyuma ugezwa ku irimbi rya Rusororo risanzwe rikoreshwa n'abifite bagiye gushyingura ababo.
 Nibwo uyu mugabo wanditse amateka mu gutunganya indirimbo mu myaka 10 ari ku gasongero mu muziki nyarwanda yashyinguwe.
Abafite amazina mu muziki nyarwanda bari baje kumusezeraho bwa nyuma kuko ntibazongera kubonana ukundi. Icyakora abizera Imana bahamya ko ku munsi wa nyuma bazahura bakongera kwishimana.

Umubiri wa Junior Multisystem ugezwa i Rusoro


Umuhungu wa Junior Multisystem yari ataramenya ko agiye gusezera kuri se




Umuhungu wa Junior yari atangiye kubabara

Adrien Misigaro yaherekeje bwa nyuma Junior Multisystem

Zizou Alpacino yavuze ko indirimbo zose zatumye amenyekana ari Junior wamurwanyeho akazikora zikamamara



Butera Knowless, Adrien Misigaro na Zizou Alpacino

Dj Bob,Adrien Misigaro,Butera Knowless, Zizou Alpacino, Uncle Austin, King James n'abandi basezeyeho Junior


Prince umuhungu wa Junior amusezeraho




Agahinda kari kose

Ababanye na Junior, inshuti bari baje kumuherekeza bwa nyuma


Amarira yari yose kuri uyu mwana wa Junior


Ababyeyi baje kumuherekeza


Ally Soudy, Adrien Misigaro bari baze gusezera Junior


Ally Soudy yaje gusezera Junior


Butera Knowless na Zizou Alpacino baje guherekeza Junior


King James yari yababaye cyane atumva ukuntu inshuti ye magara yapfuye









