Hari igihe umuhungu ashobora guterura ibyuma ariko mu mutwe ari tetevide! Mama Nick abwiye Miss Nyambo ibiranga umugabo agomba kuzashaka araseka aratembagara - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Abakinnyi ba filime z'uruhererekane bakomeye hano mu Rwanda harimo uzwi kw'izina rya Miss Nyambo ndetse Mama Nick basekeje abantu baratembagara.

Mu kiganiro bagiranye n'umunyamakuru wigenga Murungi Sabine kuri tereviziyo ya Isimbi TV aho Mama Nick yabwiye Miss Nyambo ibiranga umugabo agomba kuzashaka.

Yagize ati:' ugomba gushaka umugabo utitaye kukuba yarateruye ibyuma kuko kuba umugabo ntibivuze guterura ibyuma dore ko hari abo usanga barateruye ibyuma ariko mu mutwe ari ntakintu kibereyemo'.



Source : https://yegob.rw/hari-igihe-umuhungu-ashobora-guterura-ibyuma-ariko-mu-mutwe-ari-tetevide-mama-nick-abwiye-miss-nyambo-ibiranga-umugabo-agomba-kuzashaka-araseka-aratembagara/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)