Asigaye afite uburyo akoramo utuntu twe: Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya maze bamwe kwifata biranga batangira kumubazaho bibera -AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Asigaye afite uburyo akoramo utuntu twe: Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya maze bamwe kwifata biranga batangira kumubazaho bibera.

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kenny Sol uherutse gukorana indirimbo na Harmonize yise 'One More Time' yashyize amafoto meza cyane ku mbuga nkoranyambaga ze maze bamwe mu bakunzi be batangira kumubazaho yambarira abandi bati uraberwa.

Amafoto:

Bimwe mu byo abakunzi ba Kenny Sol bagiye batangaza nyuma yo kubona amafoto ye:



Source : https://yegob.rw/asigaye-afite-uburyo-akora-utuntu-twe-kenny-sol-yagaragaye-mu-ishusho-nshya-maze-bamwe-batangira-kumubazaho-bibera-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)