Yari yambaye mu buryo buteye kwifuzwa: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yagaragaye ari mu nshingano nshya yatorewe hamwe na bagenzi be (amafoto) - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi ukomeye cyane wo mu gihugu cya Uganda Sheebah Karungi uherutse gutorerwa kuba visi Perezida wa mbere w'ishyirahamwe rishya ry'abahanzi muri Uganda yagaragaye ari kumwe nabo bafatanyijje kuyobora.

Sheebah Karungi uzwiho ubuhanga budasanzwe mu bihangano bye akora ndetse benshi bakunze kuvuga ko ari umwe mu bagore bafatiye runini umuziki w'Afurika y'iburasirazuba bitewe n'uburyo adahwema kwerekana ko ashoboye nk'uko byashimagiwe na bagenzi be ubwo yatorerwaga kuba visi Perezida wa mbere w'ishyirahamwe rishya ry'abahanzi muri Uganda.

Dore amafoto meza cyane y'umuhanzikazi Sheebah Karungi yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze ari kumwe na bagenzi be bafatanyijje kuyobora ishyirahamwe rishya ry'abahanzi muri Uganda rya UNMF:



Source : https://yegob.rw/yari-yambaye-mu-buryo-buteye-kwifuzwa-umuhanzikazi-sheebah-karungi-yagaragaye-ari-mu-nshingano-nshya-yatorewe-hamwe-na-bagenzi-be/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)