Nyuma yo gutsindwa abakinnyi ba Rayon bageze mu Rwambariro basubiranamo bararwana - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Nyuma yo gutsindwa abakinnyi ba Rayon bageze mu Rwambariro basubiranamo bararwana.

Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Rayon Sports , Mugisha Francois bakunze kwita Master yatonganye bikomeye na rutahizamu mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Mali witwa Moussa Camara ,bahita babakiza intambara itarakomera.

Bivugwa ko ubu bwumvikane buke bwavuye ku kuba aba bombi bashinjanyaga amakosa nyuma yo kubura umusaruro bikabaviramo gutsindwa .

Ni mu mukino Rayon Sport Yari kakiriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo aho APR FC yaje no gutsinda Rayon Sports 1-0.



Source : https://yegob.rw/nyuma-yo-gutsindwa-abakinnyi-ba-rayon-bageze-mu-rwambariro-basubiranamo-bararwana/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)