
Umuhango wo kwambika impeta uyu mukobwa wamutwaye uruhu n'uruhande, wabereye mu Karere ka Rubavu ku nkengero z'ikiyaga cya Kivu.
Edouce Softman yapfukamye asaba Nyinawumuntu kuzamubera umugore
Edouce Softman yatangarije InyaRwanda.com ko akunda Delice Rwiririza cyane dore ko urukundo rwabo rumaze igihe kinini, asobanura ko yamusezeranyije kumukunda akaramata. Ati:'Uyu mukunzi wanjye ndamukunda cyane, niyo mpamvu nahisemo kubimwereka mwereka inshuti ndetse n'umuryango'.

Urukundo rwa Softman na Nyinawumuntu rumaze igihe kirekire
Nyinawumuntu Delce Rwiririza yahataniye ikamba rya Nyampinga w'u Rwanda muri 2020