Umukobwa w'imyaka 26 yakoze ibyakorwa na bake bangana - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukobwa wimyaka 26 yakoze ibidashoboka ku bari mu rungano rwe maze yerekana ko yamaze kugura inzu ihenze cyane ndetse ibarirwa mu mamiliyoni.

Uyu mukobwa ukomoka mu Bwongereza uzwi ku izina rya Hilary Iyoha, yerekanye uburyo ibintu bikomeye bishobora kugerwaho hamwe no kuzigama buri gihe ku musaruro uhamye.

Uyu mwari avuga ko yaguze inzu ye ya mbere i Bexley, kandi yashoboye kuba nyir'urugo nyuma yimyaka ibiri yo kuzigama.

Hilary wahoze atuye mu majyepfo y'uburasirazuba bwa Londres, yatangaje ko yazigamaga buri kwezi mu gihe cy'imyaka ibiri kandi agura inzu yumuturirwa ibarirwa mu mamiliyoni.

Nyirinzu w'Ubwongereza yavuze ko kuva kera akiri muto azi neza ko kuzigama amafaranga niyo yaba make agenda agwira.



Source : https://yegob.rw/umukobwa-wimyaka-26-yakoze-ibyakorwa-na-bake-bangana/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)