Bamwe mu bagore bo mu Mirenge itandukanye y'Akarere ka Nyamasheke bavuga ko bamaze kugera kure mu iterambere babikesha gukorana n'ibigo by'imari. Mukanyandwi Dancille, utuye mu Murenge wa Macuba, avuga ko amaze imyaka irenga 20 akora ubushabitsi butandukanye bwatumye yiteza imbere nyuma yo gukorana n'Ikigo cy'imari.
Yagize ati 'Natangiye gukora ubushabitsi mu 1995, icyo gihe nacuruzaga isambaza, nyuma nza kubireka njya mu bucuruzi bw'ibisheke, ubu ncuruza imyenda y'abageni. Natangiriye ku gishoro (...)
Nyamasheke : Abagore batinyutse gukorana n'Ibigo by'imari barishimira iterambere bagezeho #rwanda #RwOT
January 22, 2022
0