SPORTS ROOM: Ibanga APR FC yakoresheje mu mik... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ni irihe banga APR FC yakoresheje mu mikino 40 idatsindwa muri shampiyona y'u Rwanda? Kuki Rayon Sports yabaye insina ngufi imbere ya APR FC by'igihe kirekire?

Ni iki cyahindutse muri Manchester United nyuma y'igenda rya Ole kugira ngo ibone umusaruro mwiza itigeze ibona itozwa na Ole?

Ese Pochettino yaba igisubizo cyiza kuri Manchester United yifuza gusubira ku ruhando rw'amakipe akomeye i Burayi?

Ibi bibazo byose kimwe n'ibindi binyuranye nawe ushobora kuba wibaza mu makuru ya siporo agezweho, ibisubizo byabyo urabisanga mu kiganiro Sports Room cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 24/11/2021 cyayobowe n'umunyamakuru Safari Garçon ari kumwe na Yvonne Mukundwa.

KANDAHANO UKURIKIRE IKIGANIRO CYOSE KIRIMO AMAKURU ASESENGUYE

">

VIDEO: IRADUKUNDA Jean de Dieu - InyaRwanda Tv



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/111855/sports-room-ibanga-apr-fc-yakoresheje-mu-mikino-40-idatsindwa-muri-shampiyona-manutd-mu-is-111855.html

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)