Abahanzi bakomeye muri East Africa bakomeje gusaba abakunzi babo kwitabira igitaramo cya Bruce Melodie #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Harmonize ukurikirwa n'abantu barenga miliyoni 7 na Eddy Kenzo ukurikirwa n'abantu barenga miliyoni 1 kuri Instagram naho Ykee Benda akurikirwa n'abarenga ibihumbi 670 kuri Instagram , bose bagaragaye mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za Bruce Melodie mu ijoro ry'uyu wa Gatatu tariki 3 Ugushyingo 2021, bavuga ko batewe ishema n'intambwe yateye mu muziki.

Bruce Melodie yifashishije imbuga nkoranyambaga ze, yashimye Eddy Kenzo, Ykee Benda na Harmonize avuga ko 'ibi bigaragaza ubufatanye bw'abahanzi mu muziki' kandi ko abishyize hamwe ntakibananira. Ati 'Mwabyumvise abami babyivugiye.'



Source : https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/abahanzi-bakomeye-muri-east-africa-bakomeje-gusaba-abakunzi-babo-kwitabira

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)