Umukobwa yatangaje benshi ubwo yambaraga iherena rikoze mugakingirizo. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu birori byo kumurika imideli byitwa Bianca Fashion Hub byabaye ku mugoroba wo kuwa 10/23/2021, hitabiriyemo ibyamamare ndetse nabandi Bantu baserukanye imyambaro itangaje. Abenshi bari bambaye ibidasanzwe guhera ku mano kugeza kumutwe. Hari umukobwa watangaje benshi wari witwaje akuma kica imibu mu ntoki ndetse yambaye na ma herena akoze mu gakingirizo. Uyu mukobwa yatambukanye na Papa Cyangwe, nawe wari wambaye bitangaje. Muri ibi birori kandi Hari harimo nibindi byamamare nka ndimbati nawe wambaye umwambaro watangaje benshi.



Source : https://yegob.rw/umukobwa-yatangaje-benshi-ubwo-yambaraga-iherena-rikoze-mugakingirizo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)