Umuhungu na mushiki we bahawe uburenganzira bwo kuryamana kubera impamvu isekeje. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhungu na mushiki we bahawe uburenganzira n'ababyeyi babo ngo bajye baryamana, nyuma y'igihe babikora bihishe ariko aba babyeyi babimenya bakabibemerera ku mugaragaro.

Mu butumwa uyu mugabo yanyujije kuri Facebook, yatangaje ko we n'umugore we bafashe umwanzuro wo kumenyesha abana babo ko ibyo bakora babizi ,kandi ko babikomeza nta kwihishahisha.Impamvu aba babyeyi bemereye abana babo kujya bakorana imibonano mpuzabitsina kandi bavukana ngo ni uko bubahiriza uburyo bwo kuboneza urubyaro kandi ngo ntawundi muntu babonana na we uretse bo ubwabo.

Uyu mugabo yagize ati:'mu cyumweru gishize nababwiye ko umukobwa n'umuhungu wanjye baryamana, none ndashaka kubabwira aho ibintu bigeze.Nabanje kugirana ikiganiro kirekire n'umugore wanjye kucyo tugiye gukora kuko ikibazo twari tukizi nubwo twari twarabyirengagije.Nyuma y'ibiganiro twasanze bisa nibidukangura,twumva biduteye isoni,kuko ni bibi. Twasanze tugomba kubabwira ko tubizi ariko tugashyigikira umubano wabo 100%.Twasanze abana bacu dukwiye kubatera inkunga.Twababwiye ko tubizi maze bagwa mu kantu nkaho tubafashe babikora ,twarabaretse baratuza,maze turaganira.Nyuma twasanze bakoresha uburyo bwose bwo kuboneza urubyaro.Ntimwakumva uburyo numvise ntewe ishema n'abana banjye.Namenye ko ntawundi muntu bajya baryamana uretse hagati yabo ubwabo.Twabemereye ko bazajya babana mu cyumba kimwe kandi bakagira uburenganzira bwo kuganira kumubano wabo.'



Source : https://yegob.rw/umuhungu-na-mushiki-we-bahawe-uburenganzira-bwo-kuryamana-kubera-impamvu-isekeje/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)