ShaddyBoo yibasiwe bikomeye nyuma yo guhamya ko ari we Mwamikazi w'abeza. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

ShaddyBoo yibasiwe ndetse abwirwa amagambo akomeye nyuma yo gutangaza ko ari we mwamikazi w'abeza.Abinyujije kuri konti ye ya Twitter Shaddyboo yashyize amashusho y'iminota mike kuri konti ye yerekana ubwiza bwe mu isura ari kuyikoramo ndetse n'ikimero cye yicaye ku ntebe maze munsi y'ayo mashusho akurikizaho ubutumwa buvuga ko ariwe mwamikazi w'abeza ndetse ko ariwe gipimo cy'ubwiza mu karere. Yagize ati''Ndi umwamikazi w'ubwiza! Nkaba igipimo cy'ubwiza mu karere.'

I m Queen of Beauty , nkaba igipimo cy'ubwiza mukarere pic.twitter.com/yVNtG2qo8f

â€" Shaddyboo (@shaddyboo__92) October 10, 2021

Nyuma y'ibyo yari amaze gutangaza abamukurikira bahise bandika bamuha inkwenene, bamwe bati uri Delila abandi bati genda wa mugore we ugira 'confidence'. Gusa hari bamwe bavuze ko bamwikundira ndetse banashima igipimo cy'ubwiza bwe bamubwira ko ari mwiza cyane.



Source : https://yegob.rw/shaddyboo-yibasiwe-bikomeye-nyuma-yo-guhamya-ko-ari-we-mwamikazi-wabeza/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)