Ntibisanzwe!pasiteri ibyo yakoze nakumiro ngo yabitewe n'iyerekwa – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umupasiteri w'imyaka 53 yakoze amahano atera inda abagore bagera kuri 20 basengera mu itorero rye arangije ashinja umwuka wera ko ariwo watumye akora ibyo.

Nkuko byatangajwe, umushumba mukuru w'itorero rya 'Vineyard Ministry of the Trinity Holy' rifite icyicaro i Enugu, muri Nigeria,Timothy Ngwu, yemeye ibi avuga ko ibyabaye byatewe n'umwuka wera.

Uyu Pasiteri yemeza ko ijambo ry'Imana rivuga ngo 'mubyare mwororoke', ariyo mpamvu yakoze gushaka kw'Imana agatera inda umuntu uwo ari we wese watoranijwe ndetse ko umugore wese akwiriye kubyara,yaba abishaka cyangwa atabishaka.

Usanga kuri ikigihe abavuga butumwa bakora amahano bitwaje iyerekwa ritari ryo gusa inama twagira abemera Mana nuko mwa kwirinda gushukwa n'abigize abakozi b'Imana.



Source : https://yegob.rw/ntibisanzwepasiteri-ibyo-yakoze-nakumiro-ngo-yabitewe-niyerekwa/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)