Iyumvire uko Mama beni mwakunze muri citymaid yaryohewe no kugira umuryango – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uwineza Nicole wamenyekanye nka mama beni muri city maid warumaze igihe atagaragara muri showbiz ndetse na sinema nyarwanda yatangaje ko yarahugiye mu kwita ku muryango we.

Nyuma yo gushaka yagize umugisha wo kubyara umwana w'umukobwa agafata igihe kinini yita ku mwana ndetse n'umuryango we nkuko umugore ari mutima w'urugo.

Yakomeje atangaza ko ubuzima bushya yatangiye buryoshye kandi yifuriza buri wese kugira urugo ndetse akagira n'abana .

yagarutse kuba kinnyi ba filime nyarwanda yifuza kubona bakora ubukwe aribo:Nadege uzwi nka Nana muri city maid,Nikuze  ndetse na seburikoko.



Source : https://yegob.rw/iyumvire-uko-mama-beni-mwakunze-muri-citymaid-yaryohewe-no-kugira-umuryango/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)