Hasakaye amafoto y'undi mukobwa w'Icyamamare muri Uganda yambaye ubusa buriburi #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uyu munyamakurukazi ukunzwe muri Uganda usanzwe akora ikiganiro The Beat, ni umwe mu bavugwaho gucudika n'abagabo benshi kandi ngo uwo bakundanye biragoranye ko batandukana batabanje kugerana mu buriri.

NTV akorera yigeze kumwirukana ubwo yafatwaga ari gukora ibikorwa by'ubutinganyi n'umunyamakurukazi mugenzi ubwo bari mu bwiherero gusa nyuma yaje gusaba imbabazi arababarirwa.

Ubu noneho uwahoze ari umukunzi we witwa Edgar Luvusi banafitanye umwana, yashyize hanze amafoto ye amugaragaza yambaye ubusa buri buri bigaragara ko yari amaze gukora igikorwa cyo gushimisha umubiri ananiwe aho yari aguye agacuhu aryamye.

Uyu munyamakurukazi ukunzwe muri Uganda yasabye imbabazi ku bw'iki gikorwa kitamuhesha ikuzo.

Yavuze ko ariya mafoto yafashwe ubwo yari aryamanye n'uriya wahoze ari umukunzi we ndetse ko yari aherutse kubimubwira ko azamuhemukira.

Yagize ati 'Ariya mafoto yafashwe ubwo twari twihereye njye na Luvasi tugikundana, ni ibintu yari yaravuze ko azakora mu myaka ibiri ishize kugira ngo anshyire hanze. Nsabye imbabazi.'

Ibikorwa nk'ibi byo gushyira hanze amafoto y'ubwambure bw'ibyamamare bireze muri iyi minsi muri Uganda aho umunyarwandakazi Kantengwa Judith Heard, ndetse n'uwitwa London Kim aho bombi baherutse kugaragarizwa ubwambure mu mafoto yasakajwe n'umuntu umwe.

UKWEZI.RW



Source : http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Hasakaye-amafoto-y-undi-mukobwa-w-Icyamamare-muri-Uganda-yambaye-ubusa-buriburi

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)