Umwe mu bakoresha Twitter bazwi cyane hano mu Rwanda witwa Kemnique, yihandagaje avuga ko aho gusenga yajya mu kabari, ibintu atigeze avugaho rumwe n'abamukurikira banenze aya magambo bivuye inyuma.
Uwitwa Marvin yamubwiye ati " Oya bro, basi ujye ukajyam samedi nnho dimanche ujye munzu y'Imana4 ". Uwitwa Habimana yagize ati " Iyo umuntu ari mukabari arasenga ark murusengero ntiwanywa ".
Uwitwa Adolphe yagize ati "Tokaa kuleee ". Uwitwa
Aho kujya gusenga najya mu kabari.
â" Urinde Wiyemera?🇷🇼 (@kemnique) September 26, 2021