Umunyamidelikazi Sonia Mugabo uri mu bakomeye mu Rwanda, yambitswe impeta y'urukundo n'umukunzi we Diego Twahirwa usanzwe ari rwiyemezamirimo.
Inkuru y'uko aba bombi bambikanye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Nzeri 2021, binyuze mu bantu batandukanye basanzwe ari inshuti zabo.

