Umukinnnyi Rafael York ufite inkomoko mu Rwanda akaba kuri ubu akina mu ikipe yo mu gihugu cya Sweden, yamaze kubona indangamuntu. Nkuk amashusho yagiye hanze abigaragaza, Rafael York yishimiye cyane kubona indangamuntu y'U Rwanda ndetse yararimo ayereka bagenzi be barimo Yannick Mukunzi bigaragara ko yishimye cyane.
Kuba Rafael York yabonye indangamuntu y'U Rwanda ariko ntibihita bimuha uburenganzira bwo gukinira Amavubi Ahubwo ubu FERWAFA Â yatangiye Process na federation ya Sweden kuko yakiniye ingimbi zaho..
Byitezwe ko Rafael York natangira gukinira Amavubi azazana impinduka zikomeye muri iyi kipe zijyanye cyane cyane n'ubusatirizi.

Source : https://yegob.rw/umukinnyi-amavubi-yari-ategereje-kugirango-ajye-atsinda-amakipe-akomeye-yabonetse/