Ibyari uburinzi byabaye bihagaze ubwo abasir... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Grand P, yamenyekanye mu bitaramo bitandukanye byo muri Guine, yewe akaba n'umunyarwenya. Yakije umuriro ubwo yajyaga mu rukundo n'umukobwa Eudoxie, munini ku buryo bukabije. urukundo rwa Grand P , ufite ubumuga bw'ubugufi, akanagaragara nk'ushaje cyane, na Eudoxie  umurusha umubyimba ku buryo butangaje, rwabaye ikimenyabose muri Afurika.


Uyu muhanzi hagiye amafoto ye hanze mu bitangazamakuru  bitandukanye, bivuga binerekana uburyo Grand P yisanze ahantu abasirikare ba Guinea  bari ku burinzi, abasirikare byagaragaye ko bamukunda cyane banamuzi cyane, bahitamo kwifotoza karahava, uburinzi bakoraga buba buhagaze.





Source : https://inyarwanda.com/inkuru/109277/ibyari-uburinzi-byabaye-bihagaze-ubwo-abasirikare-babonaga-grand-p-atambutse-batangira-kum-109277.html

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)