Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya As Kigali yakinaga umukino wa Gicuti na As Maniema yo muri Congo, umukino wabereye kuri sitade ya Rubavu. Ni umukino utarabereye igihe kuko wari uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu ariko kubera ibisubizo bya Covid-19 byatinze kuboneka bituma urara udakinwe wimurirwa muri iki gitondo.
Abakinnyi As Kigali yabanjemo
ÂManiema niyo yashoje umukino iyoboye nyuma yo gutsinda igitego ku munota wa 20. Aya makipe azakina Umukino wo kwishyura kuri uyu wa 4 tariki 26, umukino ubere muri Congo.