Rutahizamu Danny Usengimana uherutse kugurwa n'ikipe ya Police FC yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo gusezera ku ikipe ya APR FC avuyemo.
Ni nyuma yuko Danny ashyize hanze amwe mu mafoto ya kera ubwo yakiniraga APR RC akayaherekesha amagambo yuzuyemo gushimira cyane Abayobozi ba APR FC ndetse n'abafana kubera urukundo bamweretse.
Nyuma yo gushyira hanze aya mafoto, Danny yayaherekesheje amagambo akurikira: