Arabia Saudite yaremeye abasore bose bananiwe kurongora – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Igikomangoma cya Arabia Saoudite, Muhammad Bin Salman, yaciye iteka ko miliyoni imwe y'amadolari ya Amerika (Frw hafi miliyari) ihabwa urubyiruko rugera kuri 200 kugira ngo rubashe gukora ubukwe.

Ikinyamakuru cya leta kivuga ko itangazo ryemeza itangwa ry'ayo mafaranga ryasohotse ku Cyumweru. Kivuga ko ayo mafaranga azahabwa abakobwa n'bahungu bo muri icyo gihugu.

Ibi ngo bigamije gufasha impfubyi n'abafite ubumuga babuze ubushobozi bwo gukora ubukwe. Urubyiruo kandi ruzigishwa uko rwakoresha ayo Frw.
Bwa mbere, hari hatanzwe miliyoni 250 ku bantu bagera ku bihumbi 26,000.

Uyu mugambi wa Salman ugamije gufasha abaturage kugira ubuzima bwiza no kubafasha kuzamura ubukungu bwabo.



Source : https://yegob.rw/arabia-saudite-yaremeye-abasore-bose-bananiwe-kurongora/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)