Abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga Amavubi... - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukino ubanza wari wabereye nabwo kuri Sitade Amahoro u Rwanda rwatsinze Central Africa ibitego 2 ku busa, ariko mu bakinnyi babitsinze nta numwe wagarutse mu kibuga.

 Mvuyekure Emery umuzamu wa mbere w'u Rwanda aragaruka mu izimu, ndetse na Nirisarike Salomon akaza kuba ariwe Kapiteni w'ikipe. Nsabimana Eric waje mu ikipe asimbuye Djihad Bizimana, na we arabanza mu kibuga.
 Mwizamu : Mvuyekure Emery Ba myugariro: Rukundo Denis, Ishimwe Christian, Manzi Thierry, na Nirisarike Salomon mu kibuga hagati: Nsabimana Eric, Ruboneka Bosco, Savio Nshuti, Muhadjiri Hakizimana, na Iradukunda Bertrand, yatakishe Mugunga Yves.


U Rwanda ruri kwitegura imikino yo gushaka tike y'igikombe cy'isi kizaba 2022 ariyo mpamvu yahisemo gukina imikino 2 ya gicuti n'igihugu cya Central Africa.



Source : https://inyarwanda.com/inkuru/106346/abakinnyi-11-bagiye-kubanza-mu-kibuga-amavubi-asura-central-africa-106346.html

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)