Mu mafoto ateye ubwuzu: Producer Knoxbeat yakoze ubukwe bw'agatangaza n'umukunzi we. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Hari hashize amezi abiri Producer Knoxbeat asabye umukunzi we Akamikazi Bernice,ko bazabana akaramata, kuri ubu yarushinganye n'uyu mukunzi we.

Knox Beat witwa Joseph Habimana yarushinze nyuma y'aho tariki 25 Werurwe 2021 yari yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Akamikazi Bernice, mu muhango wabereye mu murenge wa Murenge wa Nyakabanda ho mu mujyi wa Kigali.

Uyu musore usanzwe amenyerewe mu gutunganya indirimbo yari agaragiwe na Rocky Kimomo nka Parrain nk'uko byanagenze ubwo yajyaga gusezerana mu murenge.

Reba amwe mu mafoto yaranze ubukwe bwabo:

Leave your vote

Comments

0 comments



Source : https://yegob.rw/mu-mafoto-ateye-ubwuzu-producer-knoxbeat-yakoze-ubukwe-bwagatangaza-numukunzi-we/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)