Umukobwa yashyingiranwe na mubyara we yambaye ikanzu ikozwe mu buryo budasanzwe [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukobwa witwa Annie w'imyaka 27,yashyingiranwe na mubyara we Josh ariko agashya kabaye nuko yari yambaye ikanzu itangaje ikozwe mu mpu 22 z'imbwebwe,ikozwe mu mabuye y'agaciro menshi ndetse ikura iyo umwijima uje.

Uyu mukobwa yashyingiranwe na mubyara we kubera ko muri Leta ya North Carolina byemewe n'amategeko.

Annie yifuzaga ko ku munsi w'ubukwe bwe yazambara ikanzu y'ubwoya nini ndetse ikozwe mu buryo budasanzwe yahanzwe na Winter Wonderland.

Aba bombi bahuje sekuru n'imyumvire yo gukunda ibintu bya gakondo ariyo mpamvu niyo kanzu yabo ngo yagombaga kuba yihariye.

Josh yabwiye Gypsy Bride US ati 'Nta kibazo bimuteye nanjye kandi ntacyo binteye.Mpa agaciro icyatumye dukundana.

Ku bantu bafite imyumvire nk'iy'abaromani,gushyingiranwa na babyara babo ba mbere ari nayo mpamvu uyu mukobwa yahisemo gukora agashya ku bukwe bwabo.

Mu rwego rwo kuvugurura iyi kanzu y'igitangaza,Annie yagiye gushaka umuhanga mu gukora amakanzu witwa Sandra Celli ukomoka muri Boston amukorera iyi n'izabazamwambarira.








Source : http://umuryango.rw/ubuzima-115/udushya/article/umukobwa-yashyingiranwe-na-mubyara-we-yambaye-ikanzu-ikozwe-mu-buryo-budasanzwe

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)