Umugore w'indaya bamushyinguye mu isanduku imeze nk'ubugabo nyuma yo gupfa arimo gutera akabariro. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uyu mugore wari indaya ikomeye cyane muri Nigeria gusa utatangajwe amazina ngo yashyinguwe mu isanduku imeze nk'ubugabo nyuma yo gupfa arimo gusambana n'umugabo.

Legitpost.com.ng yanditse ko iyi ndaya yishwe iri hejuru y'umugabo basambanaga gusa abamuhitanye kugeza ubu ntibaramenyeka. Biravugwa ko iyi ndaya ishobora kuba yishwe kubera ukuntu yararuraga abagabo b'abandi ngo yari ifite ubunararibonye mu kureshya abagabo bafite abagore ku buryo buri joro byibura yararanaga umwe.Mu kumushyingura ngo bifashishije isanduku iri mu ishusho y'ubugabo.

Iyi ndaya yakoreshaga amayeri menshi mu kureshya abagabo b'abandi kandi ikabigeraho. Ngo yari ruharwa muri uyu mwuga. Icyakora muri uyu mwaka hari abari baherutse kuyigira inama bayibuza gusenya ingo z'abandi irarura abagabo nuko uyu mukobwa w'indaya ababwira ko ibyo bitabareba.

Leave your vote

Comments

0 comments



Source : https://yegob.rw/umugore-windaya-bamushyinguye-mu-isanduku-imeze-nkubugabo-nyuma-yo-gupfa-arimo-gutera-akabariro/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)