Indirimbo y'umunyafurika ku rutonde rw'izizasusurutsa ibirori Trump azamburirwamo ububasha – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ku munsi w'ejo nibwo hateganyijwe umuhango wo kurahira kwa Joe Biden, perezida mushya wa leta zunze ubumwe za Amerika watowe ndetse na Kamala Harris, visi perezida mushya wa leta zunze ubumwe za Amerika. Ku rutonde rw'indirimbo zizasusurutsa uyu muhango hagaragaramo indirimbo " Destiny "ya Burna Boy, umuhanzi w'umunyafurika ukomoka mu gihugu cya Nigeria.

Burna Boy

Kuri uru rutonde kandi hagaragara indirimbo 'Find Your Way Back' ya Beyoncé,  'Higher Love' ya Whitney Houston,  'Got To Give It Up' ya Marvin Gaye n'izindi.

Joe Biden azarahira ku munsi w'ejo kuyobora igihugu cya leta zunze ubumwe za Amerika asimbuye Donald Trump wayoboye iki gihugu guhera mu mwaka wa 2016.

Like this:

Like Loading...



Source : https://yegob.rw/indirimbo-yumunyafurika-ku-rutonde-rwizizasusurutsa-ibirori-trump-azamburirwamo-ububasha/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)