Musaniwabo Eugenia uzwi nka Ngera utuye mu Ntara y'Amajyepfo, Akarere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kaduha, akagari ka Kavumu, umudugudu wa Bamba avuga ko n'ubwo ashimishijwe no kuba indirimbo ye yarasubiwemo na Jules Sentore byakabaye byiza nawe abonye inkunga akajya ashyira hanze indirimbo ze kuko afite nyinshi zagira icyo zihindura.
Post a Comment
0Comments