Umuziki ni kimwe mu bintu bikundwa cyane n'abantu b'ingeri zitandukanye cyane cyane urubyiruko. Mu Rwanda uko imyaka ishira indi ikaza, umuziki ugenda utera imbere kandi ukakirwa neza mu bakunzi bawo. Hari abahanzi bigaragara ko bagiye gusoza uyu mwaka 2020 bahagaze neza.
Post a Comment
0Comments