Urujijo kuri miliyoni 7 Frw bivugwa ko zarigishijwe mu gitaramo cya East African Party cya 2020 #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
October 05, 2020
0
share
Benshi babyinnye umuziki mu gitaramo cya East African Party cyanditse amateka muri Kigali Arena ubwo The Ben yinjizaga abanyarwanda mu mwaka mushya, gusa ni bake bazi ibyaberaga inyuma y'amarido.