Benshi babyinnye umuziki mu gitaramo cya East African Party cyanditse amateka muri Kigali Arena ubwo The Ben yinjizaga abanyarwanda mu mwaka mushya, gusa ni bake bazi ibyaberaga inyuma y’amarido.
source https://igihe.com/imyidagaduro/article/nkurikiyinka-wavuzweho-gutorokana-ama-miliyoni-yavuye-mu-gitaramo-cya-east