Mu minsi ishize Ali Saleh Kiba'Alikiba' ari kuri radiyo Citizen 106.7 Fm yo muri Kenya mu kiganiro kitwa 'Mambo Mseto' yasobanuye byinshi ku ndirimbo yasohoye ku itariki 24 Nzeri 2020, yitwa 'Mediocre' yavuze ko nta muntu n'umwe yigeze acyurira ahubwo muri rusange yabwiraga abantu bashaka kwigereranya na we kandi abarenze.
Post a Comment
0Comments