U Rwanda rwiyemeje gukingira 60% by’abaturage ku ikubitiro umunsi urukingo rwa COVID-19 rwahageze #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel, yavuze ko hari icyizere ko umunsi urukingo rwa COVID-19 rwabonetse ruzagera ku bantu benshi, ku buryo intego ari uko hakingirwa abantu 60% mu buryo bw’ikubitiro.


source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/u-rwanda-rwiyemeje-gukingira-60-by-abaturage-ku-ikubitiro-umunsi-urukingo-rwa
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)