Ikigo gishinzwe Iterambere ry'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda (RAB) cyatangaje ko ibikorwa by'uburobyi mu kiyaga cya Kivu byasubukuwe nyuma y'amezi abiri bihagaritswe.
Source : https://igihe.com/ubukungu/article/ibikorwa-by-uburobyi-mu-kiyaga-cya-kivu-bwasubukuwe