Ikibazo cy’abaturage batuye mu manegeka ni kimwe mu byagiye biteza impungenge dore ko bishyira ubuzima bwabo mu kaga, gusa ngo kubahiriza ibigenwa n’igishushanyo mbonera gishya cy’Umujyi wa Kigali byitezweho kuba igisubizo kirambye ku kibazo cy’umubare munini w’abatuye mu manegeka bo mu Karere ka Gasabo.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/gasabo-igishushanyo-mbonera-gishya-cyitezweho-gukemura-ikibazo-cy-abatuye-mu