Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutabera, Amb Solina Nyirahabimana yasabye urubyiruko rugiye gushaka kujya rubanza gufata umwanya wo kumenyana no kwiganaho mbere yo gusezerana imbere y’amategeko ngo kuko aribyo byabafasha kubaka urugo rwiza kandi rukomeye.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/amb-nyirahabimana-yakebuye-urubyiruko-rwihutira-gushakana-n-umuntu