Minisitiri Shyaka yabigarutseho ku wa Gatanu w'icyumweru gishize, ubwo inzego zitandukanye zari mu kiganiro n'abanyamakuru, hagarukwa ku buryo icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu Rwanda.
Minisitiri Shyaka Anastase avuga ko ikibazo cy'abakorerabushake gikwiye gusobanuka, kuko bariya bantu bajyanwa muri ziriya nshingano babizi ko ari ubukorerabushake.
Agira ati “Abakorebushake ni abakorerabushake, ntabwo ari abakozi bahembwa bisanzwe cyangwa bafite kontaro runaka".

source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abakorerabushake-ntabwo-ari-abakozi-bahembwa-minisitiri-shyaka