Nyuma yo kugaragara cyane ku isoko ry'abakinnyi muri uyu mwaka, ikagura abakinnyi batandukanye kandi bafite izina rikomeye muri ruhago, ikanazana Karekezi Olivier nk'umutoza mushya, Kiyovu sports yirukanye abakinnyi barindwi bamwe muri bo bari bagifite amasezerano y'umwaka.
Post a Comment
0Comments