Inama yagombaga guhuza ibihugu by’u Rwanda, Angola, Uganda ndetse ikitabirwa na Repubulika Iharanira ya Congo, byari biherutse gutangazwa ko izaba muri uku kwezi kwa Nzeri ariko yaje gusubikwa ndetse ntihanatangazwa itariki izasubukurirwaho.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ukuri-ku-isubikwa-ry-inama-ya-goma-yagombaga-kwitabirwa-n-u-rwanda-uganda