Muri iki gihe mu Rwanda ndetse n'abatuye isi muri rusange bari guhangana n'icyorezo cya Corona Virus cyibasiye isi, mu Rwanda hafashwe ingamba; harimo Gahunda ya guma mu rugo n'izindi zirimo ifungwa ry'amashuri. Imwe mu ngaruka iri mu ifungwa ry'amashuri ni umubare munini w'abana b'abakobwa batewe inda zitateganijwe. Twaganiriye na Nishimwe, umukobwa w'imyaka 20 wigaga mu mwaka wa gatanu w'amashuri yisumbuye ubu aratwite kandi avuga ko nta muntu wo mu muryango arabibwira kuko afite ubwoba (...)
- UbuhamyaPost a Comment
0Comments