Dr. Anthony Fauci, Umuyobozi w’ikigo cy’Ikigo cy’Indwara z’Ubuhumekero n’izandura (NIAID) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye gushimangira ibyagaragajwe n’ubushakashatsi butandukanye, bwerekanye ko kugira umuco wo gufata amafunguro n’ibindi bintu birimo vitamin C na D, bishobora kufasha umubiri kubaka ubudahangarwa ukeneye mu guhangana n’indwara.
source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/gufata-vitamin-c-na-d-bishobora-kugufasha-kubaka-ubudahangwarwa-bw-umubiri