Guhera ku wa 14 Nzeri 2020, inzego n’ibigo bya Leta 56 bimaze minsi byitaba Komisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC), kugira ngo abayobozi batange ibisobanuro mu ruhame, ku makosa yabagaragayeho y’imicungire n’imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, agaragazwa muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019.
source https://igihe.com/ubukungu/article/imbumbe-y-amakosa-mu-mutungo-wa-leta-akomeje-kugeza-abayobozi-imbere-ya-pac