Mbere gato y’amatora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump akomeje kujya mu mazi abira kuko nyuma yo gushinjwa ibirego birimo gutuka abasirikari n’ibindi byatumye amahirwe yo gutorwa amanuka cyane ugereranyije na Joe Biden bazahangana, kuri ubu hasohotse ikindi gitabo kimushinja kugira irondaruhu.