Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko kuba abafana bahita bemererwa kujya ku bibuga ubwo amarushanwa azaba asubukuwe mu minsi iri imbere, byaba bimeze nko gufungura amarembo y’icyorezo cya Coronavirus.
0Comments